Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Hasigaye amasaha make abanyeshuri b’i Goma n’i Bukavu bagakora ibizami by’ibyiciro by’amashuri barangije nk’uko byemejwe na Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Willy Manzi. Yabwiye Kivu Today duke...
Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kugira ubumenyi ngiro bukwiye ngo bazihangire imirimo, Urwego rw’Igihugu rushinzwe amashuri ya Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB), rugiye gukorana n’abo rufatanya...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana avuga ko u Rwanda rutaramenya amakuru mpamo y’aho icyorezo Marburg cyateye gituruka. Yabigarutseho mu kiganiro cya gatatu ahaye itangazamakuru nyuma y’uko iyi...
Mu Karere ka Musanze by’umwihariko n’ahandi mu Rwanda haravugwa utubari, butiki n’izindi nyubako zidafututse zahinduwe amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ni amashuri yashinzwe nta byangombwa bya NESA a...
Ahitwa Ancuabe muri Cabo Delgado ingabo z’u Rwanda na Polisi ziherutse gutaha amashuri atanu zubakiye abahatuye kugira ngo abana bigire aheza. Ayo mashuri yubatswe ahitwa Nacololo, mu itahwa ryayo hak...
Abo mu ihuriro bise Dope Initiatives bagize igitekezo cyo gufasha abakobwa biga mu mashuri yisumbuye kubona udukoresho tw’isuku two kwifashisha mu gihe cy’imihango. Umwe muri bo witwa Gaelle Abi Gisub...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye abwiye Inteko Rusange y’Abadepite n’Abasenateri uko uburezi mu Rwanda bwateye imbere. Yavuze ko muri rusange bwateye imbere n’ubwo hari ibitaranoga. Mur...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Uburezi n’iy’Ikoranabuhanga na Inovasiyo [MINICT] hamwe n’ikigo cy’u Budage cy’Iterambere, GIZ, hatangijwe gahunda yo gukoresha robo mu mashuri uhereye mu mashuri abanza...









