Urugomero rw’ahitwa Isimba muri Uganda ruherutse gusenywa n’umwuzure watewe n’imvura imaze iminsi igwa mu bice bimwe by’iki gihugu. Niyo mpamvu ubuyobozi bwa Uganda bwatangaje ko bugiye kugura muri Ke...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura cyatangaje ko kubera ibura ry’amashanyarazi ku ruganda rutunganya amazi rwa Nzove, biteganyijwe ko ibice hafi ya byose by’Umujyi wa Kigali bizabura amazi. WA...
Mu Karere ka Nyamasheke, Umurenge wa Bushekeri hari abaturage batakamba basaba ko Ikigo cy’Ingufu, Rwanda Energy Group, kigabije amasambu yabo kiyubakamo ibikorwa remezo batabimenyeshejwe. Babwiye bag...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare yerekana ko mbere y’uko COVID-19 yaduka mu Rwanda abanyemari bo mu Birwa bya Maurices bahashoye 25% by’imari yose yahashowe iturutse...
Ku ruzi rwa Nyabarongo ku mwaro ukora ku Karere ka Gakenke hagiye kubakwa urugomero ruzatanga amashanyarazi menshi azafasha n’aka Karere kubona menshi kuko ari ko gafite make kurusha utundi mu Rwanda....
Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo Afurika ari umugabane udafite ibikorwa by’ubukungu bihumanya ikirere byinshi, ariko ngo niyo bigira ho ingaruka cyane. Icyakora ngo izakomeza kugira uruhare mu guc...
Kubera ko u Rwanda rwashyize umukono ku masezerano mpuzamahanga yo kutinda ko ikirere cyarwo gikomeza guhumana rwakoze byinshi harimo no gukoresha imodoka zikoresha amashanyarazi. Si imodoka gusa kuko...
Polisi y’u Rwanda yafashe umugabo icyekaho kwiba ibyuma by’amashanyarazi birimo ibyitwa fusibles 26 ivuga ko yibye ahantu hatandukanye mu gihugu. Yamufatiye mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Kigali...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yakiriye mu Biro bye itsinda ry’abashoramari b’Abanyamerika bashaka gushora imari muri kiriya gihugu kugira ngo bagifashe kubona amashanyarazi ahagije. Umuvu...
Nyuma yo gufata umugabo wo mu Karere ka Bugesera akurikiranyweho kwangiza inkingi zifata amapiloni y’amashanyarazi, Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba Superintendent of Police(SP) Hamdun T...









