Izo modoka zazanywe n’uruganda rw’Abashinwa rwitwa BYD Auto. Ruzobereye mu gukora imodoka zikoreaha amashanyarazi rukaba ruzakorana by’umwihariko n’ikigo CFAO Motors mu kugurisha izo...
Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi. Iyo mibar...
N’ubwo muri iki gihe, ibuye rivugwa ko rigezweho ari Lithium mu by’ukuri nta buye rikoreshwa cyane mu ikoranabuhanga mu gukora bateri za telefoni, iza mudasobwa n’iz’imodoka zikoresha amashanyarazi ku...
Uru ruganda ruherereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara. Rwatangiye gutanga amashanyarazi mu mwaka wa 2021, icyo gihe intego ikaba yari iy’uko ruzatanga hagati ya megawati 40 na megawati 80. ...
Abakoresha n’abaturiye imihanda mishya ya kaburimbo yubatswe mu Murenge wa Nyamabuye na Shyogwe mu Karere ka Muhanga bavuga ko yamaze kwangirika itaratahwa ku mugaragaro. Amakuru avuga ko Minisitiri ...
Mu rwego rwo kurinda ibidukikije no kwirinda gusakuriza inyamaswa, ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera buvuga ko buri kureba niba imodoka zikoresha amashanyarazi ari zo zonyine zakoreshwa ku basura iki cya...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ibikorwa remezo, Patricia Uwase yatangaje ko amashanyarazi azacanira ikibuga Cya Bugesera azakururwa mu rugomero rwa Rusumo ruri hafi gutahwa. Intego ni u...
Nyuma y’uko hari minibisi 10 zikoresha amashanyarazi ziherutse kuzanwa mu Rwanda, ubu hari inkuru y’uko mu gihe kitarambiranye hazaza na bisi nini zikoresha amashanyarazi. Ni izi ikigo BasiGo gifite i...
Guverinoma y’u Rwanda iri gukora uko ishoboye ngo ice ikibazo cy’ubuke bw’imodoka zitwara abagenzi cyane cyane mu Mujyi wa Kigali. Iyi niyo mpamvu mu gihe gito kiri imbere abawugendamo bazajya bagende...
Mu Murwa mukuru wa Nepal, Kathmandu, hari imiborogo nyuma y’urupfu rw’abantu 143 bishwe n’umutingito ukomeye wabatunguye baryamye. Abahanga bapimye basanga wari ufite igipimo cya Richter cya 5.6 ndets...









