Abubaka urugomero rwa Nyabarongo II ruri kubakwa aho uru ruzi rukora ku Karere ka Rulindo babwiye abayobozi ba Minisiteri y’ibikorwaremezo ko kubera impumvu runaka kurwuzuza bizaba mu mwaka wa 2027 ah...
Inkongi ni irindi zina bita umuriro ariko yo ikaba umuriro myinshi ushobora gutwika ibintu byose ukabikongora. Uwo muriro uterwa na byinshi bitewe n’aho uteye uturuka ariko nko mu mijyi ukunze guterwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo ubuyobozi bw’uruganda rwa Shema Power ruri mu Karere ka Rubavu bwabitse umukozi warwo Harelimana Silas w’imyaka 40 wishwe n’amashanyarazi. Uru ruganda rutungany...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwatangaje ko mu myaka itanu iri imbere buzaha ingo 24,000 amashanyarazi kugira ngo ziteze imbere. Ni amakuru Meya w’aka Karere Christophe Nkusi yahaye bagenzi bacu b...
Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage batuye Imidugudu itatu yegeranye bavuga ko umuriro w’amashanyarazi basaranganya aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane. Ni umwiryane bavuga ko ukomeye ndetse...
Ikigo cya Uganda gishnzwe ingufu zitanga amashanyarazi Uganda Electricity Transmission Company Limited cyatangaje ko kuri uyu wa Gatanu mu gihugu hafi ya hose habuza amashanyarazi. Ni ikibazo cyamaze ...
Kuri uyu wa Mbere ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko mu gihe kiri imbere abasura iyo pariki bazajya bakoresha imodoka z’amashanyarazi mu gusura iyi pariki ya mbere isurwa n’abant...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu cyatangaje ko kuba hari ibura ry’umuriro riherutse kuba hafi mu gihugu hose ryatewe n’impamvu zigikorwaho iperereza. Impamvu ngo ni uko kugira ngo i...
Mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo ahitwa mu Masizi amaduka arindwi yadutsemo inkongi arashya arakongoka. Byabereye mu Kagari ka Nyabikenke kandi ibyabaruwe ko byahiye bifite agaciro ka miliyon...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) isaba abakiliya bayo kuvugurura ikoranabuhanga ryifashishwa mu kugurisha umuriro w’amashanyarazi. Ni ivugurura rireba abafatabuguzi bayo bose bakoresha mubazi...









