Umujyi wa Kigali uvuga ko ibigo byahawe izi modoka ari umunani nyuma yo kuzuza ibisabwa. Ni Bisi zatanzwe kuri uyu wa Gatanu kugira ngo zongerere imbaraga izari zisanzwe zikorera muri uyu mujyi ariko ...
Perezida Kagame hamwe na Abdallah II umwami wa Jordanie baraye bayoboye isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo no kurwanya inyerezwa ry’imisoro n’ubufatanye mu by’ubumenyi mu by’ubuvu...
Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza iratorera Umushinga mushya w’Ubufatanye hagati y’u Rwanda n’ubu bwami ku byerekeye abimukira. Ibiri buve muri aya matora biraba bivuze ikintu kinini ku buyobozi ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda na mugenzi we ushinzwe ibibera imbere mu Bwongereza Bwana James Cleverly bavuze ko amasezerano mashya basinye ku mikoranire mu kibazo cy’abimukira, adatesha...
Mu gihe gito kiri imbere itsinda ryaturutse mu Bwongereza rihagarariwe n’Umunyamabanga ushinzwe ibibera imbere muri kiriya gihugu witwa James Cleverly n’itsinda ry’u Rwanda barasinya amasezerano mashy...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...
u Rwanda ruhagarariwe na Ambasaderi warwo muri kiriya gihugu Uwihanganye Jean de Dieu rwasinyanye amasezerano n’iki gihugu cyo muri Aziya yo gukorana mu by’ikoranabuhanga, kugabanya ubukana bw’ibyuka...
Mukasine Marie Claire uyobora Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu avuga ko ibibazo byinshi bakira ari ibishingiye ku mitungo abashakanye, abavandimwe, abaturanye cyangwa inshuti bapfa. Yabivugiye mu Mu...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki 06, Nyakanga, 2023 nibwo Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yageze i Kinshasa mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Azaganira na mugenzi we Felix Tshisekedi ku ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma yo kubona ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo ikomeje ubushotoranyi, yahisemo gukaza ingamba zo kurinda imipaka yose umwanzi yacamo. Itangazo rivuga ko ibikor...









