Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social ko na mbere y’uko Israel yivugana abayobozi ba Iran igasenya n’uruganda rukora ibisasu bya kirimbuzi, yari yarabinginze ngo bemere gusinya ibikubiye mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko kuba DRC yaritambitse ko u Rwanda ruhabwa ubuyobozi bw’umuryango wa CEEAC yitwaje ko rwayitey...
Ingingo ikomeye yazinduye Umugaba mukuru w’ingabo za Misiri mu Rwanda ni ukuganira n’ubuyobozi bwazo uko impande zombi zakorana. Lt Gen Ahmed Fathi Ibrahim Khalifa uziyobora yaraye ageze mu Rwanda mu ...
Kuri uyu wa Kabiri Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vital Kamerthe yavuze ko Abadepite bagba gusesengura ingingo zose zikubiye mu masezerano y’amah...
Umuhuza wagenwe na Afurika yunze ubumwe, Faure Gnassingbé, yaganiriye n’abamufasha muri uyu murimo ngo harebwe uko ibyaganiririwe i Nairobi mu rwego rwa EAC byahuzwa n’ibyo muri SADC byaganiririwe mu ...
Imwe mu ngingo yari imaze iminsi ivugwa ariko u Rwanda rutaragira icyo ruyitangazaho ni ubufatanye bw’u Rwanda na Amerika mu kwakira abimukira Washington izoherereza u Rwanda ibintu byose nibicamo. Us...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Patrick Nduhungirehe avuga ko u Rwanda rwarangije gutegura no gutanga imbanzirizamushinga y’ibyo rwifuza ko byazashyirwa mu ...
Muri Kamena, 2025 biteganyijwe ko u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo bizasinya amasezerano y’amahoro azasinyirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hari Abakuru b’ibihugu byose u...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 25, Mata, 2025, bitaganyijwe ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa DRC Thérèse Kayikwamba Wagner bari businyire imbere ya M...
Buri ruhande hagati ya M23 na Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwasohoye itangazo bivugwa ko ryemeranyijweho rikubiyemo iby’ingenzi bigomba kubahirizwa kugira ngo inzira iganisha ku mah...









