Félix Tshisekedi yatangaje ko umubare w’abarasana n’ababigwamo uteye impungenge kuko bibera mu Murwa mukuru, Kinshasa. Hejuru yo kurasana hiyongeraho no kwambura abantu utwabo kandi bikaba...
Miguel Uribe Turbay ufite imyaka 39 y’amavuko washakaga kwiyamamaza ngo ayobore Colombia, igihugu cyo muri Amerika yo Hagati, yarashwe amasasu atatu, abiri mu mutwe n’irindi mu ivi ariko n...
Robert Kyagulanyi usanzwe ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yamaze kuva mu bitaro aho yari yagiye kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuraswa mu kaguru k’ibumoso. Kuri uyu wa K...
Abashinzwe kurinda abanyacyubahiro bihutiye kuzenguruka Donald Trump no kumuvana aho yari amaze kurokokera amasasu ariko batungurwa no kumva ababaza aho inkweto ze ziri! Ubwo bamuzengurukaga bamutwiki...
Taarifa ifite amakuru ko hari abantu bitwaje intwaro bagaragaye muri Perezidansi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafiten’ibendera ry’iki gihugu. Bikekwa ko bashakaga guhirika ubutegetsi n’u...
Abantu 60 nibo bamaze kubarurwa ko bishwe n’amasasu yarashwe n’abo muri Islamic State babasanze bari mu kabyiniro. Abandi bagera mu 100 bakomeretse ndetse barimo n’abakomeretse cyane ku buryo umubare ...
Nyuma y’uko muri N’Djamena umurwa mukuru wa Tchad havuzwe coup d’état, ubu ibintu bikaba byasubiye mu buryo, biravugwa ko uwari uhagarariye ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi witwa Yaya Dillo yaburiw...
Amakuru agikusanywa aravuga ko N’Djamena mu Murwa mukuru wa Tchad humvikanye amasasu bikaba bikekwa ko hari abantu bashakaga guhirika ubutegetsi. Bivugwa ko Perezida Mahamat Idriss Deby nawe yaba asha...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu rwagati muri Somalia hazindukiye imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba Al Shabaab n’ingabo z’iki gihugu. Byatangiriye ku gitero aba barwanyi...
Umuvugizi wungirije wa M23 witwa Canisius Munyarugero yaraye yeruye ko abarwanyi b’uyu mutwe biyemeje kurasana n’ingabo za DRC kugeza ubwo Felix Tshisekedi uherutse kongera gutorerwa kuyobora iki gihu...









