Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 29, Kanama, 2023 abana bo mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge bazindukiye ku kibuga gishya giherutse kubafungurirwa ngo bagikinireho Basketball. C...
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivu...

