Urwego rw’igihugu rushinzwe gutegura ibizamini, NESA, ruvuga ko kuri iyi nshuro abana bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakoreye ibizami ku bigo bifite umwarimu wahuguwe ku rurimi rw’amarenga kug...
Guverinoma y’u Rwanda yaraye imuritse inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga kuganira n’abo baka serivisi. Yamuritswe ubwo hizihizwa Umunsi...
Kubera ko ubutabera ari ubwa bose kandi mu buryo budaheza, abakozi b’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, bari kwigishwa ururimi rw’amarenga mu rwego rwo kumva no gufasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutav...
Mu gihe isi yitegura kuzazirikana umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, abafite ubwo kutabona bo muri Uganda basohorewe Kopi y’Itegeko nshinga ryanditswe mu nyandiko yabagenewe yitwa Braille. ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Kamena, 2022 rwahaye abagenzacyaha bari bamaze igihe biga ururimi rw’amarenga impamyabumenyi. Ni mu rwego rwo kububakira ubushobo...
Abazi ururimi rw’amarenga batangiye kwigisha abaganga uru rurimi. Ni ururimi rutaremerwa n’Itegeko nshinga ry’u Rwanda ariko rwifuzwa kwigishwa mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga bwo kutavuga no kut...
Ubwo yatangizaga amahugurwa agenewe abagenzacyaha mu rurimi rw’amarenga, Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB , Isabelle Kalihangabo yavuze ko n’ubwo abakozi ba ru...






