Umukino wa mbere wo gushaka tiki yo kuzitabira imikino y’igikombe cya Afurika cyo mu mwaka wa 2025 wahuje u Rwanda na Senegal warangiye rutsinzwe na Senegal ku manota 81 na 58 yarwo. Uwo mukino waber...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Musabyimana Jean Claude avuga ko imico mibi ikigaragara mu ba DASSO ikwiye gucika. Ikubiyemo ubusinzi no kuba bahohotera abaturage. Musabyimana yababwiye ko amahugur...
Kuva Mugabe Aristide yajya mu ikipe nshya muri Shampiyona ya Basketball y’u Rwanda yitwa Kepler BBC nibwo iyi kipe yatsinze umukino wari wayihuje na Titans BBC. Warangiye iyi kipe itsinze amanota 60...
Imbonerahamwe y’imitsindire y’abana mu mashuri yisumbuye nk’uko yatangajwe na NESA, ivuga ko umwana watsinze ku manota ari hagati ya 20 na 39% yagerageje. Uwagize hagati ya 50 na 59% ngo ibyo yakoze b...
REG BBC yatangiye itsinda ikipe yo muri Nigeria yitwa Kwara Falcons ku manota 64 kuri 48. Ni umukino wayo wa mbere ikinnye mu irushanwa nyafurika rya Basketball, BAL 2023, riri kubera i Dakar muri Sen...
Taarifa yamenye ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ngo rumenye ukuri ku bivugwa by’uko abarimu bigishaga muri Kaminuza yitwaga Kigali Institute of Management(KIM) bahaye abanye...





