Mu Kagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo hari imiryango 800 yasabwe kwimuka aho ituye kubera ko abayigize batuye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Inzu z’abo baturage zanditsw...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yavuze ko umubare w’imiryango ituye mu manegeka yo mu Mujyi wa Kigali ukiri munini kuko igera ku 3,131. Avuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abayigize,...

