Ku batari bumva Rubio uwo ari we, twabamenyesha ko yitwa Marco Rubio akaba yari amaze igihe gito ari Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga naho uwo yasimbuye yitwa Mike Waltz y...
Abahanga mu mateka bemeza ko ikayi y’umwihariko bita Journal Intime ari ingirakamaro mu kumenya imibereho y’abantu batubanjirije ku isi. Niyo yabafashije kumenya uko Abayahudi babagaho mu Ntambara ya ...
Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa. Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya a...
Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Uganda bwanzuye guhagarika gukurikirana abasirikare batanu n’abapolisi babiri bwashinjaga guha u Rwanda amakuru y’ubutasi. Abagiye kurekurwa ni Lt Alex Kasamula ukore...
Mu gihe intambara hagati ya Hamas na Israel yinjiye mu kiciro cyayo cya gatatu, ku rundi ruhande, abanyapolitiki ba Israel baravugwaho kudaha uburemere nyabwo amakuru y’ubutasi yavugaga ko Hamas iri g...
Mu rwego rwo kuzoroherereza abakora ibarurishamibare mu myaka iri imbere, Ikigo gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA), kigiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubika amak...
Nyuma yo guhabwa amakuru afatika, Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera. Abagabo babiri barimo ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatunguwe no kumva ko hari inyandiko 100 zatangajwe itabizi zirimo imigambi yazo mu ntambara ya Ukraine ndetse n’indi migambi y’ubutasi Washington yakoraga ku bihugu by’ins...
Umugaba wungirije w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ushinzwe ibikorwa bya gisirikare n’iperereza Général de Brigade Jérôme Chico Tshitambwe yabwiye itangazamakuru ko intambara igihugu cye ...
Ubwo yatahaga k’umugaragaro inyubako nshya ya Banki ya I&M, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yashimye uruhare Banki muri rusange zagize mu guteza imbere ubukungu ariko cyane cyane mu kugu...









