Nyuma y’uko umukobwa witwa Vestine Nyiransengimana yatemye Muka Se nyuma yo gutongana bahuriye aho ihene yabo yari iziritse, Se wa Nyirasengimana nawe yaje atabaye atema umukobwe ikirenge. Basanzwe ba...
Mu rukiko rwisumbuyue rwa Muhanga haraye habereye iburana ry’ibanze-mbere y’uko urubanza rujya mu mizi-mu rubanza ruregwamo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Nteziyaremye Germain n’Umu...
Umugore n’abagabo babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kica umugabo w’uwo mugore bakamuhisha mu nzu. Byabereye mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Murambi mu Karere ka Karo...
Kimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda ni abana baba ku mihanda yo hirya no hino mu gihugu. Uzabasanga mu mihanda yo mu Mijyi minini yose. Uburyo inzego z’umutuzo rusange (public order) ni ukuv...
Abakirisitu bari baje gusenga kuri iki Cyumweru, basohotse mu rusengero rya Blessing Church baritahira nyuma yo kubona ko hari umwiryane hagati y’abayobozi. Nyuma y’ayo makimbirane, urusengero rwahise...
Habumugisha Eliézel yatawe muri yombi nyuma y’uko umugore we witwa Uwineza Christine, wari unatwite inda nkuru yapfuye. Abahagaze basanze yagwiriwe n’urukuta rw’inzu hagakekwa ko byaba byakozwe n’uwo ...
Kuri uyu wa Mbere taliki 20, Ugushyingo, 2023 muri Marriot Hotel i Kigali harabera igikorwa u Rwanda rwifatanyamo n’amahanga mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwana. Ariko se muri rusange aba...
Nta munsi cyangwa ibiri ihita, byatinda cyane hagashira icyumweru…mu Rwanda hatavuzwe umugabo cyangwa umugore wishe uwo bashakanye, umugabo wishe umwana cyangwa abana n’ibindi bikura abantu umutima! ...
Mu Kagari ka Kamuhoza, Umurenge wa Kimisagara haravugwa urupfu rw’umwarimukazi abanyeshuri be basanze yapfuye. Yari afite imyaka 61 y’amavuko, umurambo we ukaba waragaragaye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Mu Mudugudu wa Bisenga, Akagari ka Bisenga mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo haravugwa umugore watemye umugabo we amuziza ko umutungo awushyira umugore ‘mukuru.’ Uwo mugore uvugwaho icyo cyah...









