Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagat...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yahanishije u Rwanda mpaga nyuma yo gusanga rwarakinishije Muhire Kevin kandi yari ufite amakarita abiri y’umuhondo ku mukino waruhuje na Bén...

