Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Jean Claude Niyongabo ni Umurundi wageze mu Rwanda mu mwaka wa 2015 ahunze. Yari atuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Mukura aho yari yarashinze ubuzima arorora. Impanuka yamugwiririye, ihene ze 16 ...

