Binyuze mu kigega mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imishinga y’ibidukikije Global Environment Facility (GEF), Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, cyahawe Miliyoni $18 azakore...
RURA yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 02, Nyakanga, 2025, ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli byahindutse, litiro ya lisansi yiyongeraho Frw 170 ni ukuvuga kuva ku Frw 1,633 kugeza ...
Kagame yabwiye abakorera ku mbuga nkoranyambaga ko burya bifitemo imbaraga zikomeye mu kwakira no gutangaza ibitekerezo byabo cyangwa iby’abandi, aboneraho kubasaba kubikoresha mu nyungu zubaka u Rwan...
Paul Kagame yabwiye abaturage bari baje kumva uko yiyamamaza muri Nyamagabe ko nibamutora ko bazaba bafite umutekano n’amajyambere. Yavuze ko n’ubwo hari abajiginywa kubera iterambere rwag...
Umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame yabwiye abaturage ba Rubavu, Rutsiro na Nyabihu bari baje kumva uko yiyamamaza ko burya inka ari amajyambere kandi ko ukugabiye aba agukunda. Avuga ko burya uku...
Iki ni ikibazo Perezida Kagame yabajijwe mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 01, Mata, 2024. Kagame avuga ko umusimbura azaboneka byanze bikunze kandi ko agomba kuzaba umuntu uh...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano ko n’ubwo mu myaka 30 ishize u Rwanda rwapfushije benshi, ariko akibutsa ko ubu rufite igisekuru kizima kigizwe n&...
U Rwanda rwemeye gutanga umusanzu warwo wa Miliyoni $3 mu kigega cya Miliyari $1 izashyirwa mu kubaka no guha ubushobozi Ikigo Nyafurika kiswe Timbuktoo kizateza imbere guhanga udushya mu ikoranabuha...
Mu ijambo aherutse kugeza ku Banyarwanda ubwo yabifurizaga kurangiza neza umwaka wa 2023 bakazakomereza no mu mwaka wa 2024, Perezida Kagame yababwiye ko kubarindira umutekano ari ingenzi kandi azabih...
Igihugu cye kiri mu ntambara yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023; ni umugore uhagarariye mu Rwanda kimwe mu bihugu bikomeye muri byinshi, akaba amaze amezi ane mu kazi… Uwo ni Einat Weiss, Ambasaderi...









