Urubyiruko rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha (RYVCP) rwo mu Mujyi wa Kigali rwaraye ruhuguwe na Polisi ku bumenyi bwo kuzafasha abakoresha umuhanda kugira imyitwarire ibarinda mu gihe bawuk...
Abasirikare bakuru 23 bo mu bihugu bigize Umutwe w’ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye bari guhugurirwa mu Rwanda kugira ngo bagishwe uburyo bushya bwo gukora akazi kazo. Bateraniye mu Rwanda...
Mu kigo cya Polisi gitoza abapolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana haherutse kurangizwa amahugurwa y’abapolisi 20 bakoresha moto mu gucunga umutekano wo mu muhanda. Bahuguwe ku buf...
Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe amahugurwa Assistant Commissioner of Police( ACP) Barthelemy Rugwizangoga avuga ko yaba Polisi cyangwa urundi rwego rw’umutekano w’u Rwanda rugomba gutera int...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Nyakanga, 2023 mu murenge wa Kagarama mu Karere ka Kicukiro, hatangijwe amahugurwa y’abapolisi bagize umutwe w’ingabo na Polisi washyiriweho gutabara aho rukomeye mu K...
Ingabo z’u Rwanda, abapolisi n’abacungagereza bari guhugurwa uko bakomeza kwita ku mbunda. Ni amahugurwa ari kubera mu kigo cya Polisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana. Azamara iminsi...
Mu Kigo gitoza abapolisi kiri mu Murenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana haraye hatangijwe amahugurwa agenewe abapolisi 20 bazahugura bagenzi babo bitegura kujya kugarura amahoro hirya no hino ku is...
Itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda nakorera mu Ntara ya Sudani y’Epfo yitwa Malakal baherutse guhugura bagenzi babo bo miri kiriya gihugu. Ni amahugurwa abaha ubumenyi mu nzego zitandukanye zirebana n’ak...
Nyuma yo gufungura Gymnasium izafasha abanyeshuri bakunda Basketball kubona aho bakiyikinira, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’uyu mukino, FERWABA, ryatangaje ko haraye harangiye ingando z’abakiri bato baki...
Mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu Karere ka Musanze, hari kubera amahugurwa agenewe abapolisi bakuru agamije gutyaza ubumenyi bwabo mu bikorwa byo gucunga umutekano ugamije amahoro aramby...









