Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyasohoye imyanzuro ikomeye irimo ko umuguzi uzemera indi nyemezabwishyu itari EBM azajya yamburwa ibyo yaguze bigatezwa cyamunara. Uwabimucuruje azahanwa harimo ...
Kubera ko isi iri kwihuta mu ikoranabuhanga, abashinzwe gukusanya imisoro n’amahoro nabo bavuga ko uru rwego rutagomba gusigara inyuma. Ni muri uru rwego i Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuri...
Perezida William Ruto na mugenzi we wa Tanzania Samia Suluhu Hassan biyemeje gukuraho imwe mu misoro ku bicuruzwa by’ingenzi abatuye ibi bihugu bari bakenera. Ruto aherutse gutangaza ko abayobozi mu g...
Umuyobozi mukuru wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa (DIGP), Felix Namuhoranye yabwiye abandi bayobozi bakuru ba Polisi bateraniye i New York mu Nama ibahuje ko iyo u Rwanda rugiye kubungabunga amah...
Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ishami ry’ibikorwa byo kugarura amahoro aho yabuze, Jean Pierre Lacroix yashimye uruhare Abanyarwandakazi mu kugarura amahoro aho bohere...
Bamwe mu bari kubaka Stade Amahoro bavuga ko niyuzura izaba ifite uburambe bw’imyaka 50, hakubakwa indi yo ku rwego rw’igihugu. Iri kuvururwa mu gihe yari isigaje imyaka itageze kuri 15 ngo irangize i...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authority (RHA) gitangaza...
Umwe mu myanzuro abagore bahagarariye abandi mu Ihuriro Rwanda Women’s Network baherutse kwiyemeza kuzakomeza gushyiramo imbaraga ni uwo gukorana n’inzego za Leta mu kubaka amahoro. Babibwiye Taarifa ...
Guverinoma y’u Rwanda iri gusana Stade Amahoro kugira ngo izakire abantu benshi kandi yubatswe mu buryo bujyanye n’igihe. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire Rwanda Housing Authori...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire, Rwanda Housing Authority, mu mwaka wa 2018. Muri Werurwe, 2022 n...









