Abahagarariye impande zihanganye muri Sudani bari muri Arabie Saoudite mu biganiro bigamije guhagarika intambara igiye kumara ukwezi ihatangiye. Ni intambara ihuje abasirikare bayobowe na Gen Burhan n...
Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...
Ibaye ikipe ya kabiri itangaje mu makipe akomeye itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023. Itangazo ry’ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko byakozwe ku ‘mpamvu zitabaturutseho’. K...
Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusa...
Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 12, Mutarama, 2023, Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Turikiya witwa Mevlüt Çavuşoğlu. Uyu mushyitsi w...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro bwabwiye Taarifa ko mu gihe gito kiri imbere bugiye gusuzuma niba abacuruza inzoga mu tubari batanga inyemezabwishyu y’ikoranabuhanga, EBM. Ni mu rw...
Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yaraye abwiye abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda ko barushywa n’ubusa. Yijeje Abanyarwanda n’abatuye u Rwanda bose ko bazatekana mu mwaka wa 2023 uko ...
Umukuru w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasengeye igihugu cye n’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo Imana ifashe mu muhati wo kuhagarura amahoro, kandi igushirize imvura abaturage be beze. Niwe...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe imisoro n’amahoro gitangaza ko mu gihe gito kimaze kugaruza imisoro n’amahoro bingana na Miliyoni Frw zikabakaba 400. Ndetse ngo hari inzu z’ubucuruzi 54 zafunzwe. Gifatan...
Nyuma y’uko Ikigo cy’imisoro n’amahoro na Polisi y’u Rwanda baburiye abacuruzi ko bagomba kujya batanga inyemezabwishyu za EBM, kuri uyu wa Gatatu( mu minsi itageze ku Cyumweru), ziriya nzego zatangiy...









