Niba nta gihindutse biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe bizabera muri Stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa. Iyi Stade iri gukorwa imirimo ya nyuma ndetse mu...
Ibi ni ibyagarutsweho n’abakora mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda bari bamaze amezi atatu bahugurirwa ku kamaro k’ubuhuza n’uburyo bwakorwa kinyamwuga. Ayo mahugurwa yahuje abakora mu buganzacyaha, abas...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro na Mahoro , RRA, Pascal Ruganintwali yatangaje ko abantu 50,000 babereyemo umwenda ikigo ayobora. Abenshi bageze mu rwego rwo gufatirwa ibihano kubera ubukerwe n’iny...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’abo bakorana guhera kuri uyu wa 21 Werurwe 2024 batangije igikorwa cy’iminsi ibiri cyo kwegera abasora bakaganira ku bibazo bahura naby...
Mu gihe amaso ahanzwe Stade Amahoro ngo izatahwe ifite ubwiza budasanzwe, ku rundi ruhande murumuna wayo uri iburyo bwayo winjiriye ku muryango munini ureba mu Migina ya Remera nawe ageze kure avuguru...
Ikigo SUMMA cy’Abanya Turikiya cyasohoye amashusho yerekana Stade Amahoro iri kwaka amabara aranga ibendera ry’u Rwanda. Ni ikimenyetso cy’uko imirimo yo kuyubaka iri kugera ku ndunduro kandi bigaha a...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’Inama y’Abakuru b’ibihugu b’Afurika yunze ubumwe iri kubera Addis Ababa ku kicaro gikuru cy’Umuryango w’Afurika yunze ubumw...
Nyiri ikipe ya Gasogi FC witwa Charles Kakooza Nkuriza (KNC) yatangaje ko asheshe ikipe ye ya Gasogi United kubera ibyo yise ko bidahwitse biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Iki cyemezo yagifashe nyu...
Rukundo Benjamin ni rwiyemezamirimo ufite ikigo gifasha Abanyarwanda kubona ibyangombwa byo kujya kwiga, gukorera cyangwa gutura mu mahanga. Mu kiganiro gito yahaye Taarifa ashima ko mu myaka irindwi ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu aho bava bakagera bakunda kandi bakwiye amahoro. Ku Rwanda ho ngo ni umwihariko kuko rwigeze kuyabura bikomeye. Icyakora avuga ko amahoro akorerwa uyakeneye akamenya k...









