Donald Trump yatangaje ko yaraye agiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Uburusiya cyagarutse ku ngingo y’uko igihe kigeze ngo bashyireho amatsinda yo kuganira uko intambara yiswe iya Ukraine yahagar...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko mu nama yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 14, Ukuboza, 2024 yahuje ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda( Olivier Nduhungirehe) na D...
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 30, Ugushyingo, 2024 i Arusha muri Tanzania hazateranira Inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Uburasirazub, EAC, izizihirizwamo i...
I Goma muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye inama yahuje intumwa z’u Rwanda, iza DRC n’abahagarariye Angola, ikaba yemerejwemo ko hajyaho itsinda rito ry’ingabo zizagenzura niba agahenge bi...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda ryasohotse muri iri joro riramagana ibirego biherutse gusohoka muri Le Monde no muri The New Humanitarian byanditswe n’umunyamakuru Barbara Debout by’uko hari abasi...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu avuga ko hari abantu bumva avuga ibyabaye mu mateka y’u Rwanda bakamurakarira. Abo ngo ni abafite aho bahuriye n’abagize uruhare mu macak...
Kuri Stade Amahoro i Remera hari abashinzwe umutekano benshi n’abandi bashinzwe kureba uko ibintu byifashe mu rwego rwo kurindira umutekano abari baze mu gikorwa cyo kuyitaha kiri bukorwe na Kagame Pa...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...









