Benyamini Netanyahu mu Cyumweru gitaha arahura n’amahurizo menshi ari mo no guhitamo kwemera ibyo azasabwa na Amerika ngo intambara arwana na Hamas muri Gaza irangire. Kuri uyu wa Mbere Tariki 29, Nze...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yabwiye abadipolomate bahuriye mu nama iri kubera i Yokohama mu Buyapani ko kugira ngo Afurika itere imbere, bisaba ...
Kuri uyu wa Kabiri Tariki 19, Kanama, 2025 i Doha harahurira intumwa za Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iz’Umutwe AFC/M23 baganire ku mahame bemeranyijeho azagena uko intambara yahagarikwa mu bury...
Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatangaje ko itishimiye icyemezo Guverinoma ya Kenya iherutse gufata cyo kugena uyihagarariye i Goma, agace kagenzurwa na M23, inyeshyamba zimaze imyaka irenga ibiri ...
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko ibyo Donald Trump avuga by’uko kugira ngo amahoro agaruke ari ngombwa ko Ukraine iharira Uburusiya ubutaka bumwe bitazashoboka. Trump avuga ko mu...
Nyuma y’intambara yabaye mu Cyumweru gishize hagati ya Cambodia na Thailand, ubu abayobozi b’ibihugu byombi basinye amasezerano y’amahoro kugira ngo imirwano yari imaze guhitana aban...
Pasiteri bwite wa Perezida Museveni witwa Dr. Robert Kayanja yagejeje ubutumwa bwe kuri Perezida Felix Tshisekedi Bukubiyemo uko abona iby’amasezerano hagati ya Kigali na Kinshasa aherutse gusin...
Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo na Sosiyete Sivile basohoye itangazo rivuga ko ibyemerejwe i Washington hagati ya Kigali na Kinshasa hari abo byir...
Binyuze mu itangazo rikubiyemo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri iherutse guteranira mu Biro bya Perezida, Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko hari amakuru y’uko M23 iri kwitegur...
Komiseri Mukuru w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro Ronald Niwenshuti avuga ko aho bigeze ubu, imisoro iva mu baturage igira uruhare rwa 52.9% mu mafaranga yose agize Ingengo y’Imari y̵...









