Ubusesenguzi: Kubera ko intambara y’amasasu yeruye hagati y’u Rwanda na Uganda isa n’idashoboka kugeza ubu, ibihugu byombi biri mu ntambara ikomeye yo guhiganwa mu rwego rw’ububanyi n’amahanga. Ni int...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye arashima Imana ikimurinze mu gihe cy’umwaka amaze ategeka u Burundi. Kuri uyu wa Kane yagiye kuyishimira mu Misa, akaba yari aherekejwe n’umugore we, Denise ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yasinyanye na Pologne amasezerano y’ubutwererane mu nzego zinyuranye. Dr Biruta yayasinyiye mu murwa mukuru wa Pologne witwa Varsovie( Wa...
Perezida Paul Kagame yasabye abanyarwanda kumenya ibibafitiye inyungu akaba ari byo bakurikira, kuko iyo bitabaye ibyo baha urwaho abanyamahanga bashaka kubaryanisha. Ni ubutumwa yatangiye mu nana y’i...
Ubwo Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge yagezaga ku banyamakuru ubushakashatsi bakoze ku gipimo cy’ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda, Umunyamabanga nshingwabikorwa wayo Fidel Ndayisaba yash...
Perezida w’u Burundi Bwana Evariste Ndayishimiye aherutse kugirira urugendo rw’akazi i Cairo mu Misiri, aganira na mugenzi we Abdel Fattah El-Sisi. Ibiganiro byibanze ku mubano w’ibihugu byombi n’ubur...
Minisitiri w’ibidukikije mu Rwanda Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya yeretse abahagarariye ibihugu bikora ku ruzi rwa Nil raporo ikubiyemo ingamba zishingiye ku bushakashatsi zizabafasha gufata ingamba zo ...
Mu Cyumweru cyatangiye tariki 08, kirangira tariki 14, Gashyantare, 2021 u Rwanda rwoherereje amahanga indabo nyinshi bwikube kabiri izo rwayoherereje mu Cyumweru cyabanje. Rwohereje hanze ibilo 43 00...
Israel ni igihugu kihariye mu ngeri nyinshi. Twirengagije ibindi tukareba ububanyi n’amahanga bwayo dusanga kuva yabaho yarakoze uko ishoboye ngo ibane n’amahanga yaba abanzi cyangwa abakunzi. Kugira ...







