Perezida wa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi avuga ko mugenzi we uyobora Kenya yatumye iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro ya Nairobi yari agamije kugarura amahoro mu Burasi...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaratiye abandi bayobozi ibigwi bya mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bya siporo nka BK Arena. Hari mu ijambo yabagejejeho...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), kivuga ko hari amarushanwa amaze iminsi akorwa n’abahinzi b’ikawa ngo harebwe abayitaho neza k...
Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yageze muri Vietnam mu ruzinduko rw’akazi. Agezeyo akubutse muri Koreya ya Ruguru aho yaganiriye na mugenzi we Kim Jon Un bakanasinya amasezer...
Sergueï Lavrov ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Burusiya yageze i Conakry muri Guinea mu ruzinduko rugamije kuganira uko ibihugu byombi byakomeza gukorana haba mu bya gisirikare, ikoranabuhanga no mu z...
General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yagiye muri Uganda kuganira na mugenzi we uyobora iza Uganda General Muhoozi Kainerugaba ku ngingo zirebana n’imikorere ya gisirikare ku mpande zombi...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibyoherezwa hanze bikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, kivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, inyama u Rwanda rwohereje yo zikubye kabiri mu bwinshi ugereranyije n’uko byahoze mu...
James Kimonyo uhagarariye u Rwanda mu Bushinwa aributsa Abanyarwanda baba mu mahanga ko Ikinyarwanda ari cyo kintu cyonyine kibatandukanya n’abandi babana iyo mu mahanga. Avuga ko Ikinyarwanda gishin...
Mu Mujyi wa Kigali guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024 haratangira iserukiramuco Nyafurika bise “Miss Black Festival” rihuza Abiraburakazi bo hirya no hino ku isi ngo bahigane ku ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika...









