Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner yavuze ko kuba M23 yatangaje ko igiye kuva i Walikale no mu nkengero z’aho ari ikintu cyiza ariko gikwi...
Jean-Noël Barrot uyobora Ububanyi n’amahanga bw’Ubufaransa ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi yakiriwemo na Perezida Kagame. Ubwo yageraga i Kanombe kuri uyu wa Kane tariki 30, Mutarama, 2025 yakiriw...
Nduhungirehe Olivier yabwiye Akanama k’Afurika yunze ubumwe gashinzwe amahoro ko kurasa mu Rwanda kwakozwe na DRC mu minsi ishize ari ikosa rikomeye rikwiye kwamaganwa na buri wese. Yabivugiye m...
Mu musangiro wahuje Abanyarwanda baba mu mahanga n’abakora muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Minisitiri Nduhungirehe Olivier yaganiriye nabo abashimira umusanzu batanga mu iterambere ry’u R...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko aherutse kuganira n’ubuyobozi bushya bwa Syria buyobowe n’abarwanyi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham( HTS). Ni umutwe...
Abayobora ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda na RD Congo bemeje inyandiko inzobere zashyizeho ivuga ku bigomba gukorwa mu mugambi w’amahoro mu kurandura FDLR nk’uko Ibiro ntaramakuru bya Angola bib...
Mu myaka itatu iri imbere mu Karere ka Gakenke hazaterwa ibiti 75,000 ku buso bungana na hegitari 3000. Umwero wabyo uzafasha u Rwanda kongera umusaruro w’avoka rwohereza mu mahanga. Uyu mushinga uzah...
Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intic...
Ubwo yajyaga ku butegetsi bwa mbere hagati y’umwaka wa 2017 n’uwa 2021, Donald Trump yavuze ko igihugu cye kidashobora gukorana n’amasezerano y’i Paris avuga ko ibihugu bikize bigomba kugabanya ibyuka...
Perezida Paul Kagame yageze i Beijing mu Bushinwa kwitabira Inama y’u Bushinwa na Afurika (FOCAC) iteganyijwe ku wa 4-6 Nzeri 2024. Yageze mu Bushinwa avuye muri Indonesia mu nama yabaga ku nshuro ya ...








