Ayo masezerano yashyizweho umukono ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nzeri, ubwo abahagarariye ibihugu byombi bahuriraga i New York ahateraniye Inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteranye ku ns...
Perezida Paul Kagame yageze mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi. Ahageze aturutse muri Azerbaijan aho yari amaze iminsi itatu. Nta makuru arambuye aratangazwa ku mpamvu z’uruzinduko rwe mu Mis...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yasinyanye amasezerano na mugenzi we wa Hongrie Péter Szijjártó yo gufatanaya mu guteza imbere siporo. Yasinyiwe i New York ah...
Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda Irene Vida Gala avuga ko kimwe mu byo igihugu cye kizakorana n’u Rwanda harimo no kurwamamaza iwabo binyuze muri Visit Rwanda. Visit Rwanda ni gahunda Kigali ifitanye n’...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Ambasaderi Olivier Patrick Nduhungirehe yabwiye abadipolomate bahuriye mu nama iri kubera i Yokohama mu Buyapani ko kugira ngo Afurika itere imbere, bisaba ...
Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe Mamoud Ali Youssouf yatangaje ko i Addis Ababa ku cyicaro gikuru cy’uyu muryango hari gushyirwaho ubunyamabanga bwihariye bwo guherekeza isinywa ry’a...
Ikigo kizwi mu gukora sima mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bugarama kitwa CIMERWA Plc kigiye gushora Miliyoni $190 mu kubaka uruganda rutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima, rukazubakwa i Mu...
Mu gusubiza niba Guverinoma ya DRC izemera ingingo umunani AFC/M23 isaba kugira ngo intambara iri mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Thérèse Kayikwamba yavuze ko ziri gus...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo Perezida wa Amerika Donald Trump yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite mu ruzinduko rwa mbere akoreye mu Burasirazuba bwo Hagati. Intego ni ukwagura ubucuruzi. Ataragera no ku ...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Nduhungirehe yageze Budapest muri Hongrie aho biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere ari butahe ku mugaragaro Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu. Olivi...









