Amakipe y’u Rwanda yamaze kugera ku mukino wa nyuma mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 11 n’icy’abaterengeje imyaka 13 mu irushanwa rihuza amashuri y’Umupira w’Amaguru ya Paris Saint-Germain ku Isi ri...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite. Wari um...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Sitade mpuzamahanga ya Huye yujuje ibisabwa ngo yakire imikino mpuzamahanga. Iby’uko yemewe byagaragajwe ubwo hatangazwaga gahunda ...
Abagabo babiri bo muri Uganda bari gukurikiranwa na Polisi nyuma y’uko hari umuntu uherutse guterwa icyuma mu rubavu ubwo yari aje gukiza abafana besuranaga hasi nyuma yo kutumvikana k’ukuntu Arsenal ...
Ku myaka 82 y’amavuko, icyamamare birijamwa gikomoka muri Brazil Pele yatabarutse azize cancer y’amara yari imaze iminsi yaramuzahaje. Ni umwe mu bantu bazahora basomwa mu bitabo by’amateka( the anna...
Mu mijyi imwe n’imwe ya Iran, bamwe mu batavuga rumwe na Leta baraye abandi bazindukira mu myigaragambyo yo kwishimira ko Amerika yaraye itsinze Iran mu mukino baraye bakinnye. Ni umwe mu mikino y’igi...
Abakurikirana imikino mu gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar bavuga ko hari icyizere ko umukino uri buhuze Amerika na Iran uraba uwo gusabana hagati y’abaturage b’ibi bihugu bisanzwe bitajya imbizi...
Muri Indonesia bari mu marira menshi nyuma y’urupfu rw’abantu 174 bazize imidugararo yakurikiye umukino wabereye ku kibuga cy’umupira w’amaguru kiri mu Kirwa cya Java. Abafana b’ikipe yitwa Arema FC ...
Umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi, FIFA, Gianni Infantino yatangaje ko amakipe y’ibihugu bya Kenya na Zimbabwe ahagaritswe kubera ko abayobozi ba Politiki muri ibi bihugu biva...
Ku rubuga rw’ikipe y’umupira w’Amaguru ya APR FC hari itangazo rivuga ko Claver Kazungu wari usanzwe ari umuvugizi w’iyi kipe yambuwe inshingano. Umuntu wese ushaka kumenya amakuru y’iriya kipe azajya...









