Abasore bagize ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gutwara igare baraye bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu Rwanda bavuye muri Cameroun aho baherutse gutwara isiganwa rya kiriya gihugu bita ‘Tour du Came...
Perezida wa Federasiyo Nyarwanda y’umukino w’amagare Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko mu byo ateganya kuzakora muri manda nshya yaraye atorewe harimo no guteza imbere gutwarira igare mu misozi ihan...
Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “ Munt...
Abdallah Murenzi niwe wenyine wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare. Yari aherutse kubwira Taarifa ko nabisabwa n’abandi banyamuryango bakamugirira icyizere ko yakongera kubayobora ...
Murenzi Abdallah wari umaze imyaka ibiri ayobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda yabwiye Taarifa ko yishimira ibyo yarigejejeho kandi ko aramutse agiriwe icyizere agasabwa n’abanyamu...
Tour du Rwanda igiye kuba ku shuro ya 14, mu irushanwa ritangira kuri iki Cyumweru rihereye ku gusiganwa mu mihanda y’Umujyi wa Kigali, rikazasozwa ku wa 27 Gashyatare 2022. Ni irushanwa byitezwe ko r...
Umukozi w’Akarere ka Kicukiro ushinzwe itumanaho yagiye muri rumwe mu nganda z’Abashinwa rukora imodoka z’amashanyarazi n’ibindi binyabiziga, kuhinjira biramugora. Igitangaje ni uko ngo batari bazi ko...
Ishimwe Patrick wari umukinnyi utanga icyizere mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatandatu. Ishimwe yakiniraga iki...
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...
Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali hagiye gushyirwa ahantu hazajya haparikwa amagare, ku buryo umuntu ukeneye kujya ahantu runaka azajya arifata akaritwara, akarisiga ahandi habigenewe. Iyi gahu...









