Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza n’ubw’Impuzamashyirahamwe y’abakina umukino wo gutwara amagare, FERWACY, buherutse gushyira umukono ku masezerano agenga uko irushanwa ry’abakina uyu mukino rizabera i...
Mu Karere ka Musanze kuri uyu wa Kane Taliki 13, Ukwakira, 2022 habereye isiganwa ryiswe Visit Musanze rigamije gushishikariza abantu gusura Akarere ka Musanze. Ryiteguwe n’abasanzwe muri za Koperati...
Kuva kuri uyu wa Mbere Taliki 11, Ukwakira, 2022 mu Karere ka Musanze muri Africa Rising Cycling Center hatangiye umwiherero wo gutegura Tour du Rwanda 2023. Bari kwitegura kandi andi marushanwa mpuza...
Perezida wa FERWACY Murenzi Abdallah avuga ko kuba Abanyarwanda baherutse kwitabira irushanwa ryabereye muri Australia baratsinzwe, byatewe n’uko bari bananiwe. Ngo bahageze hasigaye umunsi umwe( amas...
Umukinnyi w’umukino w’amagare ukomeye muri Kenya yatabarutse ubwo yakoraga impanuka ikomeye ubwo yari ari mu isiganwa ryaberaga muri Amerika kuri uyu wa Gatandatu. Ni inkuru yamenyekanye kuri iki Cyu...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, mu Karere ka Bugesera habereye irushanwa ryiswe Kibugabuga Race. Ni ubwa kabiri ryari ribaye, umuhungu watsinze yahembye Frw 100,000, umukobwa ahembwa Frw 80,000. Ikipe y...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yab...
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’amagare yahamagaye abakinnyi umunani ngo bajyane mu mwiherero, bitegura imikino y’irushanwa ry’umukino w’amagare rizitabirwa n’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth. Umu...
Ambasade ya Israel mu Rwanda igiye gufatanya narwo kubaka ikigo cy’indashyikirwa mu kwigisha abasore n’inkumi umukino wo gutwara amagare kinyamwuga. Ubutumwa Ambasaderi Ron Adam yacishije kuri Twitter...









