Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivu...
I Paris mu Bufaransa haherutse gusinyirwa amasezerano hagati ya Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare n’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku isi. Perezida wa FERWACY, Murenzi Abdallah yabwiye Taarif...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe. Mur...
Callum Ormiston niwe Munya Afurika y’epfo watwaye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda. Bakoze urugendo bava i Rusizi bagana i Rubavu baca i Karongi. Mu muhanda umukinnyi kabuhariwe witwa Froome yagize i...
Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kajya i Musanze. Ni ko gace karekare kurusha utundi twose duteganyijwe muri iri rushanwa ribaye ku n...
Ethan Vernon wari uherutse gutwara agace ka mbere kavaga i Kigali kagana i Rwamagana, niwe watwaye n’akavaga i Kigali kagana i Gisagara. Umunyarwanda witwa Eric Muhoza niwe wahize bagenzi be aza ku m...
Umwongereza witwa Ethan Vernon ukinira ikipe yitwa Soudal-QuickStep ni we utsindiye agace ka mbere ka Tour de Rwanda kavaga i Kigali kagana i Rwamagana. Kari agace kareshya na Kilometero 115,6. Bahagu...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome um...
Yitwa Christopher Froome . Uyu mugabo yageze mu Rwanda mu gihe habura igihe gito ngo yitabire irushanwa mpuzamahanga ryo gutwara amagare ryitwa Tour du Rwanda rizatangira kuri iki Cyumweru taliki 19, ...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare yaraye ageze Libreville muri Gabon kwitabira isiganwa mpuzamahanga ryitwa La Tropicale Amissa Bongo. Riratangira kuri uyu wa Mbere taliki 23...









