Ibyiciro bitandukanye by’abatwara ibinyabiziga byasabwe kurushaho kwitwararika, abantu bakirinda ikintu cyose gishobora guteza impanuka zo mu muhanda cyane cyane muri ibi bihe by’iminsi mikuru irangiz...
Kuri iki Cyumweru hatowe Komite nyobozi nshya y’Ishyirahamwe ry’umukino wo gutwara igare. Iyobowe na Ndayishimiye Samson watowe ku manota 8 andi atatu atora Oya. Yungirijwe na Visi Perezida wa mbere w...
Abakina umukino w’amagare mu ikipe y’igihugu bagiye muri Cameroun guhatana na bagenzi babo bitabiriye irushanwa Grand Prix Chantal Biya 2023, Iri siganwa rizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 03, Ukwa...
Ubwinshi bw’impanuka zikorwa n’abatwara amagare, abo zihitana, abakomereka n’abamugara buri mu byahagurukije Umuyobozi mukuru muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa byayo n’ituze rusange, Commission...
Minisitiri wa Siporo afatanyije n’ubuyobozi bw’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi( UCI) no mu Rwanda, FERWACY, batangaje ku mugaragaro ko u Rwanda ruzakira isiganwa ry’amagare ku rwego rw...
Imibare yatangajwe na Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu mpanuka zo mu muhanda zabaye kuva muri Mutarama kugeza muri Kamena mu 2023 hirya no hino mu gihugu izingana na 53% zatewe n’amagare na moto, zikaba ...
Ikigo kitwa Ewaka n’ikindi kitwa AC Group basinyanye amasezerano akubiyemo ko mu gihe kitarambiranye ikigo Ewaka kizaba cyazanye amagare akoresha amashanyarazi mu Rwanda. Hari na gahunda y’uko bazazan...
Ubugenzacyaha, RIB, bwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Munyankindi Benoît. Hari n’amakuru avuga ko muyobozi w’iri shyirahamwe, Murenzi Abdallah n...
Mu Karere ka Musanze haherutse kubera umwiherero w’ubuyobozi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’umukino w’amagare, FERWACY. Umuyobozi waryo Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko uriya mwiherero wari ugamije k...
Mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza uva ahitwa Cercle ugana i Gatagara hari kwagurwa umuhanda, hagamijwe gufasha abafite ubumuga kugera ku bitato bya Gatagara vuba. Ni umuhanda ufite uburebure b...









