Federasiyo y’umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko ishaka ko abantu bazi NEZA Icyongereza n’Igifaransa baza guhugurirwa kuba abatoza b’amakipe akina uyu mukino. Bukubiye mu itangazo iyo F...
Kuri Kigali Convention Center niho agace ka nyuma ka Tour du Rwanda kari butangirire kakanarangirira. Ku muzo(circuit) wa mbere, abasiganwa barahagaruka KCC – Gishushu – Nyarutarama –...
Abasiganwa ku magare 74 nibo bahagurutse mu Rukomo mu Karere ka Gicumbi bagana mu Karere ka Kayonza, aho bari burangirize agace ka karindwi. Ni intera ndende mu zasiganwe zose muri iyi Tour du Rwanda ...
Pierre Latour ni Umufaransa watwaye agace ka gatanu ka Musanze Kinigi- aho abana b’ingagi bitirirwa amazina. Latour asanzwe akinira ikipe yo mu Bufaransa yitwa TotalEnergies. Niwe Mufaransa wa mbere ...
Itamar Einhorn wo mu ikipe Israel-Premier Tech niwe watwaye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavuga i Muhanga kagana i Kibeho....
Umukinnyi wo muri Ethiopia witwa Krab Tesfay yakoreye impanuka hafi y’i Save ariko akomereka byoroheje. Ikindi kivugwa ni uko mu bakoze impanuka harimo n’Abanyarwanda. Hagati aho isiganwa rirakomeje r...
Abatuye mu Mujyi wa Muhanga no mu nkengero zaho bazindukiye muri uyu Mujyi ngo barebe uko abasiganwa ku magare bahaguruka berekeza i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru. I Nyaruguru kandi nabo bregerezanyij...
Agace ka mbere( Etape) ka Tour du Rwanda 16 katwawe na Jonathan Vervenne wo mu Bubiligi ukinira ikipe Soudal Quick-Step Devo. Iyi kipe yashinzwe mu mwaka wa 2015 ikaba ari iyo mu Bubiligi. Aka gace k...
Mu byumba bya Sainte Famille byakorerwagamo akazi k’Ibiro haraye hadutse inkongi. Ikinyamakuru Kinyamateka kivuga ko ibyo byumba bisanzwe biherereye ahareba kuri Parikingi yo ku gice cyo hepfo cya Sa...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Mutarama, 2024, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryasinyanye amasezerano na Sosiyete za A.S.O yo mu Bufaransa na Golazo yo mu Bubiligi ngo azarifashe...









