Tadej Pogačar niwe utwaye shampiyona y’amagare uruhande rw’abagabo, akaba ayitwaye bwa kabiri. Umwaka ushize yari yatwaye n’iryabereye i Zurich mu Busuwisi. Perezida Kagame niwe uri ...
Nyuma yo guhabwa umudali umushimira uruhare yagize mu gutegura no gutuma isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi ribera mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yabwiye abariteguye ko bahawe ikaze mu gihugu igihe ...
Hagati y’itariki 21 n’iya 28, Nzeri, 2025 mu Rwanda hazabera irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi. Bamwe mu bazasiganwa bashima uko imihanda y’u Rwanda ikoze, bakemeza ko n’ikirere cyarwo ...
Abatwara amagare bakorera mu mujyi wa Musanze basaga 100 bibukijwe ko kwirinda impanuka bakazirinda n’abandi ntawe bitagirira akamaro, Polisi ibasaba kujya babizirikana. Igare ni ikinyabiziga kitagira...
Uburwayi bw’ibihaha bwatumye Umuholandi witwa Mathieu van der Poel wari buzitabire isiganwa mpuzamahanga rikomeye ribera mu Bufaransa ryitwa Tour de France abihagarika. Uyu mugabo yari bwitabire agace...
Mu minsi mike iri imbere Abanyarwanda barongera bishimire kureba isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda rizaba ku nshuro ya 17. Rizangira ku Cyumweru tariki 23, Gashyantare, rigatangirire mu mujyi ...
Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Ubuyobozi bw’Impuzamashyirahamwe ry’Umukino w’Amagare ku Isi (UCI) bwemeje ko mu Rwanda hazashyirwa ikigo bise ‘Centre Satellite’ gitoza uyu mukino ku rwego mpuzamahanga. Iki kigo kizubakwa muri Musan...
Umukinnyi wa Benediction, Manizabayo Eric wamamaye ku izina rya Karadiyo na Umwimikazi Djazila baraye begukanye isiganwa ry’amagare ryo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 19...








