Leta y’Ubuyapani yatangaje ko hari abaturage bayo 100,000 babaruwe ko bafite imyaka 100, ibintu bitigeze biba ahandi ku isi. Ababaruwe si abafite imyaka 100 yuzuye ahubwo barimo n’abayiren...
Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi ahari Koperative y’abarobyi kitwa Projet Pêche mu Murenge wa Kamembe hafi y’ikiyaga cya Kivu neza neza, bavuga ko ifu y’isambaza yagize kandi igifiti...
Ubuyobozi bushinzwe ubucuruzi muri Uganda bwafashe amakamyo yari aturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo apakiye amafi, bikavugwa ko yinjiye adafite uruhushya. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Ny...
Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu hafatiwe abagabo babiri baroba amafi atakura. Polisi yabafatiye mu Kiyaga cya Kivu mu gice giherereye mu Murenge wa Nyamyumba, Akagari ka Busoro mu Mudugudu...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’am...
Dr Jeannne Nyirahabimana wigeze kuyobora Akarere ka Kicukiro ubu akaba ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’i Burasirazuba, yashishikariza aborora amafi ko bagomba kubikora kinyamwuga bakagira...
Mu Burasirazuba hari abarobyi b’amafi basaba Leta kubashyiriraho Nkunganire kugira ngo bashobore guhangana n’ibibazo biba mu bworozi bw’amafi. Banasaba ko Leta yabafasha guhangana naba rushimusi baza ...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu ari uruvange rw’...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri muri Kenya w...









