Umuvugizi w’inkiko Harrison Mutabazi yabwiye itangazamakuru ko yamenye ko Urukiko rw’Ikirenga rwahanishije umunyenganda Mironko Francois Xavier igifungo cy’imyaka ibiri, harimo umwaka n’amezi icyenda ...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse guta muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kwiba umukiliya wari waje kuhacumbika. Bamwibye $6,800. Ni amafaranga yari yabikijwe ushinzwe kwakira abakiliya.. A...
Abahanzi nyarwanda muri rusange bishimiye ko umusaza Abdul Makanyaga yavuye mu bitaro. Jane Uwimana uri mu bamubaye hafi yabwiye Taarifa ko bateganya kuzakoresha igitaramo cyo kwishimira imyaka 50 Mak...
Mu Murenge wa Jabana, mu Karere ka Gasabo haravugwa umugabo witwa Nzaramba watemye umugore we aramwica bapfuye Frw 15,000 ahita ajya kwirega kuri Polisi. Byabaye kuri uyu wa Kane Taliki 05, Mutarama...
Muri Nyarugenge ahitwa Nyabugogo hatangijwe ubufatanye bwa Airtel Money na Inzozi Lotto bugamije gufasha abakina umukino w’amahirwe kujya babona amafaranga yabo hafi aho. Ni amafaranga bashobora kubik...
Umugabo w’imyaka 33 y’amavuko yafatiwe mu Karere ka Ngoma nyuma y’uko uwo yakoreraga mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Gisozi atatse ko yibwe amafaranga arenga Miliyoni. Yafatiwe mu Mudugudu wa Maswa ...
Perezida Paul Kagame yabwiye bamwe mu bitabiriye Inama mpuzamahanga iri kubera mu Misiri ko u Rwanda rwahisemo kwita ku mapariki yarwo biruha umusaruro ariko Guverinoma yarwo ihitamo gusangiza abazitu...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo by...
Airtel Rwanda yatangije ubufatanye n’ikigo cy’inkeragutabara kitwa MISIC kugira ngo abafite ibinyabiziga bajye bishyura Parikingi bakoresheje Airtel Money. Willy Rukundo ushinzwe kuvugira Ikigo Mille...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika. Kimwe mu bika byayo kivug...









