Ubugenzacyaha bw’u Rwanda(Rwanda Investigation Bureau) bwahakanye iby’uko hari abakozi babwo bahase ibibazo umuherwe Aloys Rusizana nk’uko Taarifa iherutse kubitangaza mu nkuru icumbuye iheruka. Muri ...
Abasore babiri Polisi iherutse gufatira mu Murenge wa Ruhuha mu Karere ka Bugesera bayemereye ko bibye umuntu Miliyoni Frw 1.5 yari avanye muri Banki. Uwo muntu avuga ko yari yayisize mu cyumba ajya g...
Imwe muri banki nini zo mu Rwanda yitwa I&M Bank yatangaje ko iri gukorana n’inzego ngo hagaruzwe miliyoni $10 zibwe bamwe mu bakiliya bayo. Ni amafaranga yibwe mu bucakura bwakoreshejwe binyuze k...
Abitabiriye igitaramo cyahuje abaraperi barindwi beretse Fireman ko bamukunda kurusha abandi bari bajuriye ku rubyiniro. Bamujugunyiye inoti nyinshi k’uburyo nyuma yazirundanyije azibaze asanga ni Frw...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zakoze igihugu kimwe kandi gifite abaturage bakize kurusha abandi ku isi. N’ubwo ari uko bimeze, urwego rw’amabanki muri iki gihugu ruri gucumbagira k’uburyo hafi ½ cy’abat...
Abasore babiri baherutse gutabwa muri yombi na Polisi ifatanyije n’urwego rw’ubugenzacyaha nyuma y’umunsi umwe bibye Frw 4,110,000 umugiraneza w’umunyamahanga yari yabikuje ngo yishyurire abana amafar...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 08, Mata, 2023 mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro hafatiwe umusore wari ufite amafaranga Frw 30,000 y’amiganano. Bikekwa ko ayakora cyangwa akaba akorana...
Iperereza ryatangiye ku bapolisi babiri baherutse gufatwa bakurikiranyweho kwiba amadolari menshi angana na Miliyoni Sh 5 z’amafaranga ya Kenya. Bari basanzwe bakorera ahitwa Kilimani n’i Muthangari, ...
Nigeria( ni iya mbere) na Afurika y’epfo( ni iya kabiri) nibyo bihugu bya mbere bikize muri Afurika. Ikigo mpuzamahanga gicunga inkomoko y’amafaranga ibihugu bikoresha kitwa Financial Action Task Forc...
Abantu batatu baherutse gufatirwa mu Mujyi wa Karongi bafite Frw 848,800 mu yandi Frw 981,100 bicyekwa ko bibye umucuruzi wo muri Bwishyura. Bafashwe ku wa Gatatu taliki 22, Gashyantare, 2023, bafatir...








