Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida w’Uburundi rivuga ko hashingiwe ku mategeko agena uko Guverineri wa Banki Nkuru y’Uburundi ashyirwaho, Edouard Normand Bigendako yashyizweho ngo ab...
Abaturage baherutse gukorana na Polisi bafata abasore bakekwagaho ubujura bakoreye umuturage bamwambura frw 300,000 yari avuye kugurisha inka nyuma baramukubita bamugira intere. Ku bw’amahirwe abo baj...
Ama Euros(€), amadolari($), n’ama CFA ni ubwoko butatu bw’amafaranga basanze arunze mu mavalisi y’umugabo ushinzwe ibiro by’umuhungu w’imfura ya Ali Bongo uherutse guhirikwa ku butegetsi n’ingabo. Vi...
Umugabo udatangazwa amazina aherutse gusiga Miliyoni Frw 4.5 mu modoka asohotse gato agarutse asanga bayibye. Yari agiye guhemba abakozi b’aho ari kubakisha mu Kagari ka Muganza, Akarere ka Runda muri...
Yevgeny Prigozhin yategetse abarwanyi be baryaga isataburenge ingabo za Putin mu gikorwa bamwe bavugaga ko ari icyo kumuhirika, ko bagomba gusubira mu birindiro byabo biri muri Ukraine. Prigozhin yaha...
Aborozi b’inka bo mu bikuyu bya Gishwati banenga ubuyobozi bw’uruganda rubatunganyiza amata kutababwira uko imigabane barufitemo ihagaze kuko ngo hari amakuru bafite avuga ko rwahombye. Binubira ko nt...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko iyo umuntu agize ubushobozi bwo kwizigamira kandi mu gihe kirekire, ubwabyo biba ari ishoramari. Avuga ko kugira ngo bishoboke, bisaba ko umuntu am...
Mugwaneza Pacifique ni umuyobozi w’agateganyo w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Koperative mu Rwanda. Mu kiganiro kihariye aherutse guha Taarifa, yavuze ko hagikenewe ko ibyiciro bitandukanye by’Abanyarwa...
Banki y’isi yageneye u Rwanda miliyoni $ 100 y’inguzanyo yo kuzamura urwego rw’abikorera ku giti cyabo no gufasha abantu kugera kuri serivisi z’imari. Byakozwe mu rwego rwo gukomeza kurufasha kwigobo...
Umusore wo mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi aherutse kujya mu kabari yaka Fanta agamije kwishyura amiganano. Yarabikoze nyiri akabari aramuvumbura ahamagara Polisi iramufata. Byabereye mu ...









