K’ubufatanye na LODA, ubuyobozi bw’Umujyi bwateguye kandi butoza itsinda ry’abahanga bazaha abahoze ari abazunguzayi inguzanyo izishyura kuri 2% kugira ngo bakomeze gucururiza ku maseta yabo aho kugir...
Uwineza wari uherutse gufungwa na Polisi ya Kenya akekwaho kugambanira umugabo ukomoka mu Busuwisi wamuteretaga ngo abantu bamwice bamwambure akayabo, yarekuwe by’agateganyo. Hari inyandiko ziri kuri...
Banki y’u Rwanda ivuga ko abacuruza cyangwa bishyuza serivisi mu mafaranga y’amahanga (amadevize) bagomba kwitonda ntibishyuze abakiliya mu madovize kuko bitemewe. Mu Rwanda ni henshi abacuruzi bishy...
Nk’uko byagaragariye buri wese, umwaka wa 2023 wabaye uw’izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa muri rusange. Icyakora urangiye biri kugabanuka kandi ibi niko bimeze no kubikomoka kuri petelori. Inzego nyinsh...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahurije hamwe ba rwiyemezamirimo b’Abanyafurika bahize abandi mu gukora imishinga ihindura ubuzima bwa benshi. Abahize abandi bazabihemberwa ku munsi...
Urukiko ruburanisha imanza z’ubucuruzi rw’i New York rwahamije Sam Bankman-Fried ibyaha birindwi yaregwaga by’uko yatekeye abantu hirya no hino ku isi umutwe akoresheje ikigo cyatangaga serivisi z’am...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi Rwanda Transport Development Agency, RTDA, cyatangarije kuri X ko imirimo yo kubaka imihanda ihuza ibice by’Intara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga n’iby’Intara y...
Mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho y’abatuye ibyanya bikomye, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyageneye abaturiye Pariki ya Gishwati Mukura miliyoni Frw 490. Intego ni uko ayo mafar...
Ikibazo cy’amadolari($) make ku isoko ry’ivunjisha ry’u Rwanda cyafashe intera ndende k’uburyo hari bamwe mu bayavunjaga bayimana ariko nabo bakavuga ko ntayo bafite. Icyakora Banki nkuru y’igihugu yo...
Bamwe mu barimu bakosoye ibizamini byateguwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura amashuri n’imikorere y’ibizamini, NESA, baragishinja kubambura amafaranga bakoreye ubwo bakosoraga ibizamini mu mwa...









