Umugabo wahoze muri Banki ya Equity ishami ry’u Rwanda ashinzwe ibikorwa by’ubucuruzi witwa Jean Claude Gaga ubu ari muri Airtel-Rwanda aho inshingano ye ya mbere ari ukuzamura umubare w’abakoresha Ai...
Abagize Inama y’ubutegetsi ya Banki Nyafurika y’Iterambere, AfDB, bemeje ko iriya Banki iha Mozambique Miliyoni 47.09 $ azafasha mu kubaka igice cya mbere cy’icyanya cyahariwe inganda muri Mozambique....
Banki y’u Rwanda yatangaje ko imibare y’ubukungu mu mwaka ushize w’ingengo y’imari yerekana ko ubukungu bwazamutseho 4.4% mu gihe umwaka ushize bwari bwazamutseho 2.3%. Iyi mibare yasohotse muri rapo...
Iki gihugu kiri muri Aziya nk’uko bigaragara ku ikarita y’Isi. Cyarangije gushora amafaranga muri za Banki zo muri Afurika y’Abarabu( Maghreb) ariko kirashaka no gushora muri Banki z’Afurika y’Abirab...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruburira abacuruzi kujya bashishoza bakirinda guhubukira abababwira ko babonye imari kandi iyo mari bita ko ishyushye ishobora kubahombya. Rubivuze nyuma yo gu...
Rutahizamu uri mu byamamare bikomeye kurusha ibindi ku isi, Leonel Messi yatangaje ko azemera guhembwa make ariko agume FC Barcelona. Ibinyamakuru byo muri Espagne bivuga ko Messi yemeye kuguma muri F...
Rwiyemezamirimo witwa Juvens Nyawakira avuga ko Umuryango w’Abanyamerika witwa US Peace Corps wamuhaye akazi ko kuzajya asana ibikoresho by’aho ukorera ukamwishyura. Wamwishyuye igihe gito, nyuma ur...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Rwamagana, Ingabire Jean Marie Theophille, nyuma yo kumusangana amafaranga yibwe umucuruzi. Yafashwe mu iperereza ry...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu mwaka wa 2020 byose hamw...
Uruganda rukora sima mu Rwanda, CIMERWA, ruherutse gutangaza ko rwungutse miliyari 30 Frw, ni ukuvuga inyongera ya 14% ugereranyije n’uko byagenze mu mwaka wa 2020. Umuyobozi ushinzwe imari muri ruriy...








