Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
U Rwanda rwoherereje amahanga ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi byose hamwe bifite agaciro ka $ 8,263,198, byose bikaba bingana na toni 8,909. Iyi mibare ikomatanyije ibintu byoherejwe hanze hagati y’it...
Imibare y’uko ibihingwa u Rwanda rwohereje hanze mu Cyumweru gishize, ni ukuvuga hagati y’itariki 21 na 25, Mata, 2025 yerekana ko icyayi ari cyo kinjirije u Rwanda amadolari($) menshi gikurikirwa n’i...
Iyi ni intego Banki nkuru y’u Rwanda ivuga ko rwihaye kugira ngo haramutse habaye ibura ry’amadovize mu gihe cy’amezi ane, rukomeze gutumiza hanze ibyo rukeneye byose. Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Pol...
Ishyaka iri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, riherutse gutangaza ko buri rugo rugomba gutera ibiti 10 by’avoka kugira ngo nizera zizabe isoko y’amadovize mu gihugu. Ni umwe mu mivuno CNDD-FDD ivuga ...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, gitangaza ko mu minsi irindwi ishize u Rwanda rwohereje hanze icyayi gipima toni 987 cyose hamwe kikaba cyararwinjirij...
Umuhanga mu bukungu, Umunyarwanda Teddy Kaberuka, yabwiye Taarifa ko kuba Uburundi bwafunze umupaka wabwo n’u Rwanda bizagira ingaruka ku bukungu bw’ibihugu byombi. Avuga ko Uburundi buzabura amadoviz...
Nyuma yo kubona ko abakozi ba Banki ya Repubulika y’Uburundi basigaye batunze amafaranga y’amahanga menshi, ubuyobozi bw’iyi Banki bwakoranye na Polisi barabasaka, umwe bamusangana $20,000 cash. Babas...
Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...








