Ibi byasohotse muri Raporo yitwa Africa Wealth Report 2022 isohorwa n’Ikigo Henley & Partners. Iki kigo kivuga ko igihugu cya mbere muri Afurika gifite abaturage benshi batunze miliyoni mu madolar...
Mu masaha y’umugoroba taliki 21, Werurwe, 2022 hari umugabo wafatiwe mu Karere ka Muhanga ajyanye muri Unguka Banki amadolari y’Amerika 2000 bivugwa ko yari amakorano. Yafatiwe mu Kagari ka Ruli kari ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha bweretse itangazamakuru bamwe mu bo ruheruka gufata rubakurikiranyeho kwiba umushoramari w’Umunyamahanga. Rwagaruje ibihumbi birenga 700 by’amadolari. Uwibwe ni umut...
Umugabo witwa Zabron Gihana yasubijwe amadolari $ 9 400 yari asigaye nyuma y’uko umukozi we yayamwibye ubwo yayamuhaga ngo ayajyane kuyamubikiriza kuri Banki. Yafashwe amaze kurya mo $ 600. Urwego rw’...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage, yafashe abantu bane bagiye kwambura umuturage bamushuka ko bagiye kumuha amadorali ya Amerika we akabaha&nb...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga muri...
Polisi yafashe abagabo babiri batuburiye abantu batandukanye bababeshya ko bafite amadolari avunja amafaranga y’u Rwanda agera kuri za miliyoni kandi mu by’ukuri ari amadolari ya rimwe($1) rimwe($1) a...






