Ruhagarariwe na Minisiteri y’uburezi, u Rwanda rwasinyanye amasezerano n’Ikigo cyo mu Busuwisi cyigisha ibijyanye n’Ubukerarugendo yo kubaka ishuri rikomeye ryibwigisha. Icyo kigo kitwa School Hospit...
Urukiko ruburanisha imanza z’ubucuruzi rw’i New York rwahamije Sam Bankman-Fried ibyaha birindwi yaregwaga by’uko yatekeye abantu hirya no hino ku isi umutwe akoresheje ikigo cyatangaga serivisi z’am...
Ikibazo cy’amadolari($) make ku isoko ry’ivunjisha ry’u Rwanda cyafashe intera ndende k’uburyo hari bamwe mu bayavunjaga bayimana ariko nabo bakavuga ko ntayo bafite. Icyakora Banki nkuru y’igihugu yo...
Warren Buffet ni umwe mu Banyamerika b’abaherwe kurusha abandi Banyamerika n’abandi batuye isi yose. Ni umuherwe wa gatanu ku isi kuko atunze miliyari $106, akaba akomoka muri Amerika. Afite imyaka 92...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe kubungabunga Pariki z’u Rwanda mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yavuze ko mu myaka 20 ishize umuhango wo kwita izina utangiye, abana b’ingagi 300 bamaze kwitwa am...
Mu gihe ku isi hanugwanugwa ko hari gutekerezwa uko hagakoreshwa irindi faranga mpuzamahanga ryasimbura idolari, Guverineri wungirije wa Banki nkuru y’u Rwanda Soraya Hakuziyaremye avuga ko u Rwanda r...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zakoze igihugu kimwe kandi gifite abaturage bakize kurusha abandi ku isi. N’ubwo ari uko bimeze, urwego rw’amabanki muri iki gihugu ruri gucumbagira k’uburyo hafi ½ cy’abat...
Yitwa Ajay Banga akaba ari we waraye utorewe kuyobora Banki y’Isi. Banga yigeze kuyobora Ikigo Mastercard. Inteko nyobozi ba Banki y’Isi niyo yemeje ko Ajay Banga aba Perezida wa Banki y’isi muri mand...
Ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi ku isi byageze kuri bose ndetse no ku baherwe 25 barusha abandi bose ku isi gutunga agatubutse. Forbes ivuga ko umutungo wa bariya bagabo wose hamwe ungana na Tiriya...
Banki y’Isi yatangaje ko intambara y’u Burusiya na Ukraine irangiye mu mpera za Werurwe, 2023, byasaba Miliyari $ 411 ngo isanwe. Ukraine yatangijwemo intambara n’u Burusiya muri Gashyantare, 2023, ha...









