Ku myaka 24 umusore yibye shebuja $17,200 atorekera i Musanze ariko afatwa amenshi muri yo yamaze kuyohereza kuri konti ye. Bivugwa ko uyu musore yari asanzwe akorera shebuja mu Karere ka Gasabo. Umuv...
Mu minsi ishize mu Rwanda havuzwe inkuru ya Davis Manzi SEZISONI wavugwaho kwizeza abantu 500 kuzabungukira $4000 buri kwezi ku madolari menshi babikije ariko ntiyabikora arayarigisa. Abantu bamuhaye ...
Banki Nkuru ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo itangaza ko mu gihe kiri imbere ubwishyu bwose bukoresheje ikoranabuhanga buzajya bukoresha amafaranga y’iki gihugu ryitwa Franc Congolais. Ni itegeko ...
Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, NAEB, ivuga ko mu myaka irindwi ishize, icyayi cyinjije mu ...
Umuherwe Elon Musk arasaba abamukurikira ku rubuga rwe X kumuha igitekerezo cy’ikindi kigo yagura. Kuri uru rubuga yahashyizeho ifoto ye yicaye mu madolari($) angana na Miliyari 42, akavuga ko a...
Guverinoma y’Ubwongereza ibinyujije mu kigega mpuzamahanga cy’Abongereza, British International Investment, igiye gutanga miliyoni $ 100 yo kuzamura ubuhinzi bw’ingano, umuceri n’ibisheke. Ayo mafaran...
Ubugenzacyaha bwafashe abagabo babiri bafitanye isano bakurikiranyweho ubujura n’ubufatanyacyaha mu kwiba $9,500. Abo ni Bihirabake Jerôme na Mbonigaba Jean Bosco. Umugore wibwe yabwiye itangazamakuru...
Hari abacuruzi babwiye itangazamakuru ko kubona amadolari bigoye. Iyo urikeneye byihuta cyane ugiye kuriguha ashobora kuguca andi madolari kugira ngo abone inyungu kandi ntuzuyaza kuyamuha kuko uba ub...
Banki y’u Rwanda ivuga ko abacuruza cyangwa bishyuza serivisi mu mafaranga y’amahanga (amadevize) bagomba kwitonda ntibishyuze abakiliya mu madovize kuko bitemewe. Mu Rwanda ni henshi abacuruzi bishy...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB, cyatangije politiki yo kubaka inganda zitunganyiriza amabuye y’agaciro imbere mu gihugu. Intego ni ukwirinda igihombo giterwa no kohereza hanze a...









