Tariki 25, Kanama, 2025 niyo tariki yemejwe na REMA ko buri kinyabiziga cyo mu Rwanda kigomba gutangira kujya gusuzumisha ubuziranenge bw’ibyuka gisohora. Itangazo REMA yashyize kuri X rivuga ko ibiny...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Musafili Ildephonse yasohoye amabwiriza agenga nkunganire y’ifumbire izatangwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A. Ni amabwiriza ashingiye ku itegeko N° 30/2012 ryo ...
Guverinoma y’u Rwanda yaguze bisi nini 200 zo kunganira izisanzwe zitwara abagenzi bo mu Mujyi wa Kigali. Amabwiriza yahise atangazwa na Minisiteri y’ibikorwaremezo avuga ko imodoka za pick ups zari z...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga asaba abafite butiki kuzibukira kuhahera abakiliya inzoga ngo bazinyweremo kuko bitemewe. Avuga ko icyo babujij...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu minsi ine ishize hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19 harimo na Guma mu Karere na Guma mu Mujyi wa Kigali, abantu 35 000 bafashwe bayishe. Umuvugizi wayo C...
Gen Fred Ibingira na Lt Gen (Rtd) Charles Muhire bafunzwe bakurikiranyweho ibibazo by’imyitwarire, nyuma yo gufatwa mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19. Gen Ibi...
Bwana Nicolas Sarkozy uherutse guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu kubera uruhare yahamijwe mu gukoresha nabi ububasha bwe yaraye aherutse guhamagara Polisi ngo ize ice amande abantu bishe amabwiriza ...
Abantu bose bashaka gusura u Rwanda bahawe amabwiriza mashya bagomba gukurikiza mbere y’uko barugeramo. Harimo ko bagomba kwisuzumisha COVID-19 kandi ibyemezo byerekana ko bayisuzumishije mu buryo bw...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera avuga ko Abanyarwanda batazubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bazahanwa kuko baba ari byo bahisemo. Asanga buri Muny...








