Impera za Mutarama, 2023 nicyo gihe abafite imitungo itimukanwa bongerewe ngo bazabe barangije kuyisorera. Ubu umusoro w’inzu zo guturamo ugeze kuri 1% by’agaciro k’inzu ku isoko. Mu Mujyi wa Ki...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe buvuga ko buri kuganira n’abashoramari kugira ngo harebwe uko amabuye menshi kandi ateye neza ari mu Murenge wa Nyarubuye yabyazwa umusaruro. Iyo uyarebera kure ubona at...
Mu Murenge wa Mukarange Akarere ka Kayonza bavuga ko abahacukura amabuye y’agaciro babikora batitaye mu kubungabunga ibidukikije bakabangiriza imirima. Bavuga ko iyo mirimo ituma barumbya kubera ko im...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Edouard Ngirente ubwo yatangizaga Icyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yavuze ko u Rwanda rufite amabuye y’agaciro menshi igisigaye ari uko acukurwa ...
Abantu bane bafatiwe mu Karere ka Kamonyi bafite amabuye y’agaciro apima ibilo 126 bivugwa ko bibye mu Murenge wa Nyamata, ahitwa Kanazi mu Karere ka Bugesera. Bafatiwe mu Karere ka Kamonyi mu Murenge...
Urwo rusyo bubikwaho ni urw’uko batabwirwa uko ibiciro b’amabuye y’agaciro byifashe ku isi kugira ngo babone uko nabo bashyiraho igiciro bifuza guhembwaho. Ibi bikubiye muri raporo Komisiyo y’igihugu ...
Georges Nzongola-Ntalaja uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu Muryango w’Abibumbye aherutse kuvuga ko u Rwanda rushimuta ingagi z’iki gihugu. Yabivugiye mu biganiro biherutse guhuza abayob...
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa abaturage biyise ‘imparata’ bikora bakajya gucukura amabuye y’agaciro ya gasegereti mu buryo budakurikije amategeko. Bamwe muri bo baherutse gufatanwa ibilo bitatu by’ay...
Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na gazi buvuga ko bibabaje kuba 40% by’amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ari yo atunganywa akanagurishwa, mu gihe 60% by’ayo yangirika. Iki kigo kivuga k...
Muri Kanama 2021 nibwo inkuru y’Umushinwa witwa Shujun Sun wagaragaye akubitira Abanyarwanda ku giti baboheye inyuma yabaye kimomo. Urwego rw’igihugu rwamushyikiriye ubushinjacyaha araburanishwa none ...









