Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo, Ikigo gishinz...
Mu Mudugudu wa Kamanga, Akagari ka Musongati mu Murenge wa Nyarusange mu Karere ka Muhanga ahagana saa sita n’igice z’amanywa (12h30) abantu bane barimo batatu bafitanye isano ya bugufi bapfiriye rimw...
Urwego rw’ubutasi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwatangaje ko amakuru aturuka Buyora na Baswaga yemeza ko ingabo za Uganda n’iza Sudani y’Epfo zashinjwe ibirindiro muri kiriya gice mu rwego...
Hari amafoto agaragaza abasore bafite imifuka irimo amabuye. Biyemeje guhangana na Polisi ya ya Kenya nibabuza kwigaragambya nk’uko bamaze iminsi babisabwa n’umuyobozi wabo Raila Odina. Mu...
Mu Murenge wa Muhororo mu Karere ka Ngororero hafatiwe umugore ari kumwe n’umugabo bacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe n’amategeko. Abaturage b’aho babonye uwo mugore n’uriya mugabo binjiye a...
Abasore babiri baherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu ibasanze bacukura amabuye y’agaciro yitwa Beryl. Umwe afite imyaka 32 undi afite imyaka 22 y’amavuko. Bas...
Hagati ya Khartoum na Moscow haravugwa urunturuntu nyuma y’uko hari Abarusiya bagera 30 bakurikiranyweho ubucukuzi n’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro budakurikije amategeko. Umwe yamaze kubazwa n’ubuge...
Mu Murenge cya Cyabingo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’abagabo batatu bagiye gucukura amabuye y’agaciro bahuriramo na gazi ihitana babiri. Ibi byago byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ...
Banki nkuru y’igihugu (BNR) na muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi basohoye raporo igaragaza ko mu mwaka wa 2022, amabuye y’agaciro u Rwanda rwoherezwa mu mahanga yarwinjirije miliyoni $683. Ni ha...
Mu gihe Amerika n’u Burayi bamaze iminsi barirengagije Afghanistan kubera ko muri iki gihe iyobowe n’Abatalibani, u Bushinwa bwo bwabibonyemo amahirwe y’ishoramari. Ubushinwa bwemeranyije n’Abataliban...









