Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...
Uyu mugambi ni gahunda i Kinshasa batangiye gutegura mu mwaka wa 2023 kuko icyo gihe bashakaga guha ikiraka abacanshuro 2,500 bo muri Amerika y’Epfo , iyo bita Amerique Latine. Intego ni uko bagomba k...
Umuyobozi mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga witwa Jutta Urpilainen yaraye asinyanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta amasezerano y’ubufatanye mu gu...
Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz. Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro...
Bwa mbere mu mateka y’ubukungu bw’u Rwanda, amabuye y’agaciro yarwinjirije miliyari $1.1 mu gihe cy’umwaka(2023). Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, gazi na petelori ivuga ko mu mwaka...
Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lith...
Nyuma y’uko Visi Perezida wa Sena Hon Nyirasafari Espérance asabiye inzego zose guhagurukira abiyise Abuzukuru ba Shitani bazengereje abatuye Rubavu, Taarifa yabajije Polisi icyo ivuga kuri abo buzuku...
N’ubwo muri iki gihe, ibuye rivugwa ko rigezweho ari Lithium mu by’ukuri nta buye rikoreshwa cyane mu ikoranabuhanga mu gukora bateri za telefoni, iza mudasobwa n’iz’imodoka zikoresha amashanyarazi ku...
Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra muri iki gihe ari gushaka uko yakwigizayo abacanshuro ba Wagner agatangira gukorana n’ikigo cy’Abanyamerika gicunga iby’umutekano kitwa Bancroft Glob...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, gazi na petelori cyahagaritse ibigo birindwi byakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera ko bikora ubucukuzi mu buryo buteje akaga. Itang...









