Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yahuye na mugenzi we wo mu bwami bwa Maroc witwa Aziz Akhannouch baganira uko Kinshasa yarushaho gucuruzanya na Rabat. Baganiri...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umuyobozi ushinzwe iby’ubutaka wafashwe ari muri Siporo arafungwa ariko aza kwisanga ari kumwe n’umugore we. Bivugwa ko bakurikiranyweho kwishora mu by’ubucukuz...
Ivan Murenzi uyobora Ikigo cy’igihugu cy’ibarushamibare aherutse gutangaza ko umusaruro w’amabuye y’agaciro u Rwanda rucukura wagabanutse kubera ibihe by’imvura yo muri Mata na Gicurasi yaguye nabi. G...
Abashinzwe kurinda ibidukikije hirya no hino ku isi basaba Guverinoma ya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo kuba ihagaritse ipiganwa yashyizeho ngo abashaka gucukura petelori na gazi batange am...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...
Abanyamategeko mpuzamahanga bavuga ko hari ibihamya ‘bifatika’ byerekana ko hari amadolari($) ikigo Apple cy’Abanyamerika gishyira mu bacukura amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko ibiganiro bigamije kuguriza Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu nzira nziza. Ni umwenda wa Miliyari $1.5 iki gihugu kivuga ko uzagifasha gukomeza...
Guverinoma ya Demukarasi ya Congo yabwiye ibigo bikora ibyuma by’ikoranabuhanga ko bikwiye kutagurira abantu babizanira amabuye kuko aba yibwe kandi yavuye ahantu hamenewe amaraso. Kinshasa yiba...









