Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika. Arashaka ko igihugu cye ki...
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo yataye muri yombi abantu barindwi bafite aho bahuriye n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro barimo na Rtd Major Rugamba Robert ufite ikigo Rugamba Mining Company Ltd...
Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama mukuru wa Perezida wa Amerika ku byerekeye Afurika avuga ko nyuma y’uko Ibiro bye bikoranye n’ubuyobozi bw’u Rwanda na DRC mu gukora umushinga uhuriweho wo kugarur...
Mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi haravugwa gutemana hagati y’abantu babiri bacukura amabuye y’agaciro mu mugezi wa Nyabahanga uri mu Murenge wa Gitesi. Uko gutemana kwabereye mu Murenge wa...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwafunze abayobozi batatu mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gazi bakekwaho ubufatanyacyaha mu byaha bakurikiranyweho. Abafashwe ni...
Massad Boulos, umujyanama wihariye wa Perezida Trump ku bireba Afurika aherutse i Kinshasa aganira na Perezida Tshisekedi bemeranya ko Amerika izarindira DRC umutekano nayo ikayiha amabuye y’agaciro. ...
Abashinwa bakora mu Kigo GLC gikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kalemie barataka ko hari abasirikare ba Repubulika ya Demukarasi ya Congo babahotera bo ubwabo cyangwa bagahohotera bagenzi ba...
Abaturage ba Canada bageze mu zabukuru bishimira ko Leta yabo ibitaho, ikabaha ibyo bakeneye byose ndetse ku buryo hari n’abatirirwa bibaza aho amafaranga akora ibyo aturuka. Benshi muri bo, niba atar...
Taarifa Rwanda yabwiwe n’ubuyobozi bwa Sendika y’abacukura amabuye y’agaciro ko, muri rusange, babayeho nabi cyane. Nk’ubu abangana na 19% nibo bahemberwa ukwezi mu buryo buhor...
Mu Mudugudu wa Kabuga mu Kagari ka Nyamwumba, mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo haravugwa urupfu rw’abantu batatu bagwiriwe n’ikiombe bari bagiye gucukuramo amabuye y’agaciro...









