Ubushomeri ni kimwe mu bibazo bibangamiye imibereho myiza y’urubyiruko rw’u Rwanda. Umuhati wa Guverinoma wo kurufasha kwihangira imirimo no kubona akazi watanze umusaruro ariko haracyari byinshi bita...
Héritier Luvumbu Nzinga uherutse gutandukana na Rayon Sports kubera gukora ikimenyetso cya Politiki kandi ari umukinnyi, ari hafi guhura na Perezida Tshisekedi akamushimira. Ibi ni ibyatangajwe na Pe...
RIB yatanye muri yombi abakozi umunani bo mu nzego za Leta nyuma y’ igihe ibakoraho iperereza ku byaha byo kwiba no kugurisha ibizamini by’akazi. Abo bakozi barimo abagenzuzi b’imari(internal auditors...
Binyuze mu butwererane busanzwe hagati y’u Rwanda n’Ubushinwa, iki gihugu cyahaye ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Musanze, IPRC-Musanze, ibikoresho bigezweho bifite agaciro ka Miliyoni Frw 857. B...
Fanfan Kayirangwa Rwanyindo wahoze ari Minisitiri w’abakozi n’umurimo muri Guverinoma y’u Rwanda yaraye ahererekanyije inyandiko n’uwo yasimbuye mu nshingano nshya mu Muryango mpuzamahanga uharanira ...
Raporo yakozwe n’ikigo Switch On Business ivuga ko iyo urebye uko Abanyarwanda bashakisha akazi mu bigo mpuzamahanga bakoresheje murandasi, usanga abenshi buri kwezi bagasaba mu mashami atandukanye ya...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Akazi ni ngombwa mu buzima kuko gahesha ugafite amafaranga akeneye ngo yibesheho, abesheho abe ndetse agire n’umusaruro aha igihugu cye. Iyo umuntu akikageramo aba yumva agakunze bitavugwa. Arazinduka...
Ihuriro ry’abanyabigango bo muri Kenya ryitwa The Bouncers Association of Kenya ryavuze ko rigiye gusaba Leta ya Kenya kubemerera kujya bitwaza imbunda. Bayisabye ko yazabatoza uko imbunda zikoreshwa ...
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana yafashwe na RIB akurikiranyweho gusambanya abana babiri b’abakobwa bivugwa ko yari amaranye Icyumweru baba iwe. Inzego z’ibanze nizo...









